Monthly Archives: April 2012
Umureti n’ifunguro umuntu afata cyane cyane mu gitondo kuko ritanagoye gutegura kandi ryoroshye haba kuribwa cyangwa se gutegurwa. Ibikoresho bikenerwa mu gutegura Amagi, ifiriti, inyama, ibitunguru by’umweru, poivron, sereri ni Inyanya. Uko bitegurwa : Ukata inyama uba wabanje guteka Ugakata poivron n’i
Capati yarangije guterwa Capati ifite amateka marere n’ubwo benshi mu batuye isi badahuriza hamwe ku nkomoko yayo. Nk’uko bivugwa ngo yaba ifite inkomoko mu gihugu cy’u Buhinde, ikaba kandi ngo izwi kuva mu kinyejana cya cumi na gatandatu. Capati ni ifunguro rikundwa na benshi cyane kuri iyi si ya rurema
[caption id="attachment_395" align="alignleft" width="640"] Ubwogero rusange bwa Dayenu Hotel[/caption] U Rwanda uko bukeye n’uko bwije rugenda rurushaho gutera imbere haba mu mujyi wa Kigali n’indi mijyi itandukanye yo mu Ntara mu gihe abenshi bibwira ko amajyambeere nk’ayo ari umwihariko w’umurwa mukuru w’igihugu. Ibikor
Mu gihe ubukwe bwinshi bukunzwe gukorerwa imitsima y’amoko anyuranye yo gukata bakarya ya Gateau mu gihe bizihiza imihango y’ubukwe Mugwaneza Fravier yigisha abakora muri Hoteri Urumuri iri mu Karere ka byumba mu murenge wa Byumba uko bakora Gato yo mu bunyobwa. Nk’uko Mugwaneza Fla
